Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu yatawe muri yombi, aho akurikiranyweho gufungirana abakobwa babiri mu nzu iwe mu buryo butemewe n'amategeko.
Iki cyaha cyabereye mu karere ka gasabo mu murenge wa kinyinya.
Tariki ya 20 nyakanga 2025 urwego rw'ubugenzacyaha u rwanda RIB batawe muri yombi buri kantu wakurikiranyweho gufungirana abakobwa byafasha mu gukora ibiganiro bitambuka ku mbuga nkoranyambaga.
Amakuru twabashije kubona ngo ni uko uyu musore yasabye umwe mu bakobwa ko yamusanga mu cyumba maze bakaganira uburyo yazamufa , maze undi arabyanga buri kantu wese arakara mfata icyemezo cyo kubafungirana mu nzu abasaba ko kugira ngo basohoke ari ukubanza bakamwishyura amafaranga y'abatanzeho yaba itike ndetse na f fanta yari yabahaye.
Kubera ko batabashaga kubona ayo yabasabaga bamuhaye ayo bafite nuko undi arayanga ahita anigendera abandi babonye ko bafungiranywe ho bitabaza inzego z umutekano polisi irabafungurira ndetse burikantu ahita atabwa muri yombi.
Umuvugizi w urwego rw ubugenzacyaha RIB
Dr Murangira B Thierry yavuze ko iki cyaha cyabereye mu karere ka gasabo umurenge wa kinyinya akagari ka murama umudugudu wa binunga aho burikantu atuye.
Ni mu gihe wataye muri yombi we afungiye kuri sitasiyo ya rib bon yakinyinya mu gihe dosiye ye yatangiye gukorwaho kugira ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha mu gihe cyagenwe n amategeko.
Uruhare rw'iki cyaha katirwa igifungo kitari munsi y'imyaka itanu kandi gitere hejuru y'imyaka irindwi.
Umuvugizi wa Dr Murangira B Thierry ubutumwa bwe yavuze ko rib itazihanganira uwo ari we wese ushaka gufatirana umuntu mu ntege nke kugira ngo agire ibyo amutegeka cyangwa amuryoza kuko uzafatwa yarabikoze azashyikirizwa ubutabera.
Post a Comment