Miss Naomi Yi yamye abantu Bose bavuko umugabo we Ari umukene

 “Yajya hehe mujye mumureka kandi igihe muzajya mumubona, mujye mufunga umunwa.”


Miss Nishimwe Naomie yihanangirije abamaze iminsi bavuga ko umugabo we, Michael Tesfay, ari umukene, abasubiza ko ibyo bitabareba kuko ntawe yamushinze, kandi yishimiye umubano wabo.

Yavuze ko kandi kuba yajya gutega bisi bus atari ubukene ubwo ari umunyarwanda nk'abandi bose ahubwo njyewe mbona yakwiye kubera urugero abandi bagabo rero ntimukongere kuvuga ko umugabo wanjye ari umukene ko yabikoze kuko ari wowe wabishatse arabuze imodoka agendamo. 

Hari abo usanga bagenda mu modoka zi private n izabo ahubwo ari zo batiriye kuki se wirushya yuba uwo uri we aho uri n igihe urimo




tanga igitekerezo

Previous Post Next Post