Umunyamideli w'umunyarwanda Turahirwa Moses washinze MOSHION akaba Ari icyamamare muruhando rwamahanga .
arigukurikiranywaho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge bwa kabiri. Ibi bikaba bitavugwaho rumwe na benshi Aho harikwibazwa ibihano ashobora gufatirwa n'amategeko ya Leta y' urwanda.
arigukurikiranywaho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge bwa kabiri. Ibi bikaba bitavugwaho rumwe na benshi Aho harikwibazwa ibihano ashobora gufatirwa n'amategeko ya Leta y' urwanda.
Moses yaherukaga kwitaba inzego z'ubutabera kuwa 28 mata 2023 Aho yashinjwaga gukoresha ibiyobyabwenge ndetse no gukora inyandiko mpimbano.
Yajyanywe muri gereza ya mageragere akomeza aburana kwifunga n'ifungurwa byagatenganyo.
Nyuma yisuzuma kuwa 15 kamena 2023 urukiko rwisumbuye rwa Nyarungenge rwafashe icyemezo cyokumurekura byagateganyo.
Yaburanye avugako urumogi bamusanzemo yari arwemerewe kuko yarari hanze y' urwanda mugihugu yarabyemerewe.
Yatengetswe kujya yitaba urukiko buricyumweru ndetse no kutarenga imbibi z'Urwanda.
Hadaciyeho igihe kirekire Moses yongeye gutangazwa ninzego zumutekano ko yongeye gushinzwa ndetse no gukurikiranwaho kino cyaha.
Kubijyanye niboyobya bwenge amategeko abuza gucuruza,gutunda,gukoresha cyangwa gutunga iwawe ibiyobyabwenge.iyo ubifatiwemo inshuro ebyiri uhanwa byinanga rugero kuburyo bishobora kukuviramo igihano cya burundu cyangwa kigihe kirekire hangendewe kuburemere bw'icyaha.
Ingingo ya 263 y'itegeko No68/2018 ryo kuwa 30/08/2018 rigena ibyaha n'ibihano muri rusange umuntu ukoresha ibiyobyabwenge ahanishwa igifungu kiri hagati yimyaka itatu kuri 5 ndetse nihazabu ry'amafaranga yurwanda miliyoni 2frw kugera kuri miliyoni 5frw.
Moses Turahirwa aracyafite uburenganzira, n'amahirwe yokwiregura imbere y'ubutabera. Ariko yahamwa nicyaha agahabwa ibihano bimukwiriye.
Post a Comment