Rayon sports yanganjiye (1/1) na Mukura victory sports mu gikombe cy'amahoro

Umukino wasubirwagwamo  hawuhaza Rayon sports na Mukura victory sports mugikombe cyamahoro   muri 1/2 cyirangiza  umukino ubanza warangiye  amakipe yombi aguye miswi yigitego kimwe kimwe kumpande zombi.

Uyu mukino warusubiwemo kuko umukino wabanje habayemo ikibazo kuri stade  ya huye amatara  arazima  biba ngonbwa yuko  umusifuzi  awuhagarika ugeze kumunota 26 wigice cyambere umukino warumaze utangiye . umukino wambere  wavugishe abantu batararibake abafana ndetse nubuyobozi  byamakipe yombi kuko amakipe yombi yandikiye amabaruwa ferwafa.

Ikipe ya Rayon sporty ( murera ) yandikiye ferwafa iyisabako batera maga ikipe ya mukura kuko ariyo yakiye umukino .namukura yandika ko ikibazo cyabaye atari impamvu  yikipe Mukura victory sports ibyo byatumwe ferwafa  ikira igenzura yi cyo kibazo  iza gutangaza ko numukino ugomba gusubirwamo  ariko ugakomereza aho iminota yumukino  yarigeze mbega aho umusifuzi yahuhagarikiye uyu mukino mukura victory sports yarifite amahirwe yo gutsinda umukino nkuko isazwe igora ikipe ya rayon  sport  . ntibyaje kugenda uko mukura yabishakaga kuko kumunota 58  wigice cy’akabiri abeddi biramahire  yatsinze igitego  cya Rayon sports  nyuma yiminota mike Agyenim Boateng Mensah yaje kwishyurira Mukura  ku munota wa 66 biba kimwe kimwe .  binarangira umukino ariko urangiye , ari igitego kimwe kuri kimwe . ibi byatumwe ikipe ya Rayon sport igira amahirwe yo kuzakomeza kur final kuko  ariyo  izaba yakiye umukino kandi ikaba yaninjije igitego hanze , ibi bituma ariyo igira amahirwe menshi yo gutsinda .


Umukino  wokwishyura uzaba kwitariki 30  mata 2025  ikigali  amakipe yombi  nyuma yatangaje ko  yakoze uko yarashoboye  kandi agiye kwitegura umukino wakwishyura.wakamarankuru kumpande zombi , abafana bose  na bakunzi bose ba ruhago bategereje uyu mukino kwitaliki 30 mata 2025 saa 17:30  kuri Kigali pere stadium.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post