Umukino wasubirwagwamo hawuhaza Rayon sports na Mukura victory sports
mugikombe cyamahoro muri 1/2
cyirangiza umukino ubanza warangiye amakipe yombi aguye
miswi yigitego kimwe kimwe kumpande zombi.
Uyu mukino warusubiwemo kuko umukino wabanje habayemo ikibazo kuri stade ya huye amatara arazima biba ngonbwa yuko umusifuzi awuhagarika ugeze kumunota 26 wigice cyambere umukino warumaze utangiye . umukino wambere wavugishe abantu batararibake abafana ndetse nubuyobozi byamakipe yombi kuko amakipe yombi yandikiye amabaruwa ferwafa.
Ikipe ya Rayon sporty ( murera ) yandikiye ferwafa iyisabako batera maga ikipe ya mukura kuko ariyo yakiye umukino .namukura yandika ko ikibazo cyabaye atari impamvu yikipe Mukura victory sports ibyo byatumwe ferwafa ikira igenzura yi cyo kibazo iza gutangaza ko numukino ugomba gusubirwamo ariko ugakomereza aho iminota yumukino yarigeze mbega aho umusifuzi yahuhagarikiye uyu mukino mukura victory sports yarifite amahirwe yo gutsinda umukino nkuko isazwe igora ikipe ya rayon sport . ntibyaje kugenda uko mukura yabishakaga kuko kumunota 58 wigice cy’akabiri abeddi biramahire yatsinze igitego cya Rayon sports nyuma yiminota mike Agyenim Boateng Mensah yaje kwishyurira Mukura ku munota wa 66 biba kimwe kimwe . binarangira umukino ariko urangiye , ari igitego kimwe kuri kimwe . ibi byatumwe ikipe ya Rayon sport igira amahirwe yo kuzakomeza kur final kuko ariyo izaba yakiye umukino kandi ikaba yaninjije igitego hanze , ibi bituma ariyo igira amahirwe menshi yo gutsinda .
.jpg)
Umukino wokwishyura uzaba kwitariki 30 mata 2025 ikigali amakipe yombi nyuma yatangaje ko yakoze uko yarashoboye kandi agiye kwitegura umukino wakwishyura.wakamarankuru kumpande zombi , abafana bose na bakunzi bose ba ruhago bategereje uyu mukino kwitaliki 30 mata 2025 saa 17:30 kuri Kigali pere stadium.
Post a Comment