KENNY SOL YIRIYE KUBAMUTEGA IMINSI


 Umuhanzi Kenny Sol yatangaje ko hari abantu baje mu muziki nyuma ye ntibawumaramo kabiri bamusiga agihagaze bwuma, ndetse ko na mbere y'uko hari n'abatangira kumwizereramo bagakorana yari umuhanzi uhagaze neza.

Uyu muhanzi yagarutse kuri ibi binyuze mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ashimira abakunzi b'ibihangano bye n'abakomeza kumushyigikira.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post